Ni ikiganiro gikorwa n'urubyiruko rwo mu Rwanda. Kibanda cyane ku buryo urubyiruko rukangurirwa umuco wo kubana neza, kumenya koroherena binyuze mu biganiro bisanzwe.
Igihe ca UTC 0330 Listen to LIVE LIVE MP3 0330
Murisanga itumira umutumirwa, cyangwa abatumirwa kugirango baganira n'abakunzi ba Radiyo Ijwi ry'Amerika. Aha duha ijambo abantu bivufa kuganira n'abatumirwa bacu, batanga ibisobanuro ku bibazo binyuranye bireba ubuzima b'abantu.
Amakuru ashyushye yo mu Rwanda, mu Burundi, muri Afurika no hirya no hino kw’isi. Ijwi ry’AMerika kandi ribagezaho n’ibiganiro birambuye ku byabaye iwanyu aho mutuye, hafi y’aho mukorera ndetse no ku mashuri yanyu.
Panel Discussions, on Sundays, seek insights from scholars, government officials, and civil society leaders on major issues of the day.
Kira ni ikiganiro ku bibazo by'ubuzima mu Burundi. Iki kiganiro kivuga ku buaima n'imibereho y'abantu, kibanda cyane ku buryo uburyiburko rubona ibyo bibazo nyirizina.