Muri Boliviya habaye imyigaragambyo yamagana ifatwa ku ngufu n’iyicwa ry’umwana w’umukobwa wari ufite imyaka 16 muri Argentine.
Perezida wa Nijeriya Muhammadu Buhari yabonanye n’abakobwa 21 b’i Chibok barekuwe na Boko Haram yizeza gukomeza ibikorwa byo kubohoza abasigaye.
Imyigaragambyo Yahagaritse ubuzima I Kinshasa mu murwa mukuru wa Kongo
Perezida w’ibirwa bya Seychelles James Michel yatanze ubutegetsi mu muhango wabereye mu murwa mukuru Victoria.
Minisiteri y’ingabo ya Thailande yarashe imizinga 21 mu muhango wo kwunamira umwami Bhumibol Adulyadej uherutse gutanga.
Utudege tutagira abaderevu twatangiye kujyana amaraso mu bigo by’ubuvuzi mu Burengerazuba bw’u Rwanda.
Abanyatayilande barasengera umwami Bhumibol Adulyadej urembye cyane
Abadepite muri Cote d’Ivoire bemeje umushinga w’itegeko nshinga rishya ryasabwe na perezida Alassane Ouattara.
Abadepite muri Cote d’Ivoire bemeje umushinga w’itegeko nshinga rishya ryasabwe na perezida Alassane Ouattara.
Samsung yahagaritse gukora no gucuruza telefone Galaxy Note 7
Urubanza rwa Simone Gbagbo rwasubukuwe.