This version of the page http://www.voaswahili.com/a/2882874.html (0.0.0.0) stored by archive.org.ua. It represents a snapshot of the page as of 2016-10-15. The original page over time could change.
(Burundi) Abarundi bazakurikirana amasomo muri Kaminuza z'Amerika

Upatikanaji viungo

  • Nenda habari kuu
  • Nenda katika urambazaji
  • Nenda katika tafuta
Lugha
Yali Swahili Service

(Burundi) Abarundi bazakurikirana amasomo muri Kaminuza z'Amerika


Mireille Kayeye

  • Shirikiana kwenye Facebook
  • Shirikiana kwenye Twitter
  • Mpelekee rafiki kwa barua pepe

Urubyiruko rw'Abarundi barindwi nibo batoranyijwe kuzakurikirana amasomo muri za kaminuza z'itandukanye zo muri leta zunze ubumwe z'Amerika, muri gahunda yatangijwe na Prezida Barack Obama.

Iyo gahunda izwi nka Young African Leaders Inititiative YALI, iha amahirwe urubyiruko rugera kuri 500 guhugurwa mu byiciro bitandukanye, nyuma bakabona n'umwanya wo kuganira imbona nkubone na Prezida Obama.

Muri iyi minsi Ijwi ry'Amerika riraza kujya riganira nabamwe muri urwo rubyiruko rwagize amahirwe yo gutoranywa. Uyu munsi turahera ku murundukazi w'itwa Mireille Kayeye, akaba yarakunze gukurikira ibijyanye n'ubuzima bw'abagore n'urubyiruko mu Burundi. Mu kiganiro na Eddie Rwema, aratangira atwibwira.

Zinazohusiana

  • Jitambulishe na tueleze ulipataje fursa hii

  • Vijana wengi wanafahamu fursa hii si rahisi kuipata, ushauri wako ni nini

  • Tueleze unachofanya kilichowezesha kupata nafasi hii

Back to top
XS
SM
MD
LG